-
Sobanukirwa Urukundo Game, umukino w’amakarita wigisha ubuzima bw’imyororokere - May 13, 2020
-
Uburyo Abatutsi b’imfubyi bigaga muri SOS Gikongoro bishwe - May 13, 2020
-
Sobanukirwa imikorere ya “My Airtel App”, porogaramu ya Airtel ushobora gukoreraho amafaranga - May 12, 2020
-
Umva ubwiregure bw’abasirikare bashinjwa guhohotera abaturage b’i Nyarutarama - May 12, 2020
-
Ibyaha biregwa abasirikare bashinjwa gusambanya abakobwa i Nyarutarama - May 11, 2020
-
VERSUS: Reggea yabyinwe muri studio karahava| Aba Rasta bibutse Bob Marley| Symphony Band irakaze! - May 11, 2020
-
WARAMUTSERWANDA: Icyumweru cya mbere abantu basubiye mu mirimo umutekano wifashe gute? - May 11, 2020
-
Twige guhamiriza- Igice cya Kabiri ( Kugwa mu Nka) - May 11, 2020
-
Nyabihu residents call for Government intervention following flash floods that killed dozens - May 10, 2020
-
How drones are saving lives in rural Rwanda through medical delivery amidst Coronavirus lockdown - May 10, 2020
Mama yishwe atemaguwe, ajugunywa mu cyobo ahetse bucura bw’iwacu: Ubuhamya bwa Dusengiyumva Samuel
Ubu ni Ubuhamya busharira bwa Dusengiyumva, Samuel uvuka i Ntongwe , warokotse Jenoside ku myaka 13, ariko ababyeyi ndetse n’abavandimwe be bose bakaba barishwe batemaguwe, ndetse nawe akaba yari agiye kwicwa ,akarokorwa n’umubyeyi wamuhunganye, yageze ku cyobo bari bagiye kumujugunyamo nyuma yo kumwica.
Ubu buhamya Dusengiyumva yabutanze mu rweho rwo Kwibuka jenoside yakorewe Abatutsi, azirikana ababyeyi n’abavandimwe be batakomezanyije urugendo kuri iyi si, ndetse no gusigasira amateka y’Ubugome bwakorewe Abatutsi i Ntongwe kugira ngo hato butazasubira ukundi.